INGESO ABAGORE BATISHIMIRA KU BAGABO BABO
|
|||
NIBA USHAKA KWIRINDA
BURUNDU GUCA INYUMA UWO UKUNDA, IBI BYAGUFASHA
Gucana inyuma
kw’abashakanye ni ikibazo gikomeye kandi cyangiza urukundo hagati yabo. Ibi
kandi biganisha ku mubabaro udashira ku waciwe inyuma, ndetse urugo rugahora mu
ntonganya n’umwiryane bidashira.
Nyamara ariko buri wese yari akwiye kubirwanya kuko uretse no kuba ari uguhemukira uwo mukundana cyangwa se uwo mwashakanye, ni no kwibuza amahirwe yo kuryoherwa n’urukundo aguha nk’umukunzi wawe.
Aha rero nabakusanyirije ibintu 10 byagufasha kwirinda guca inyuma uwomwashakanye cyangwa se uwo mukundana:
1. Irinde kurangazwa n’ibyo ukunda ubonye ku wundi muntu utari uwo mwashakanye. Niba afite amaso ukunda cyangwa wenda ingano(taille) ukunda, wibyitaho cyane kuko byagutera gutangira kumva uwawe nta kigenda.
2. Irinde kwakira impano zidasobanutse uhawe n’undi muntu utari uwo mwashakanye. Mbere yo kuzakira sesengura umenye intego yazo utazisanga wafashwe n’inkongi y’umuriro.
3. Irinde gutekereza uko undi muntu utari uwo mwashakanye akwitwaraho ubona gushobora kugukurura.
4. Irinde kuganira n’undi muntu mudahuje igitsina ibiganiro bijyana ku mibonano mpuzabitsina.
5. Irinde gushyikirana n’undi muntu mudahuje igitsina kenshi ,cyane kandi ahantu hiherereye mwumva mwisanzuye muri babiri kuko umubiri ujya ugira imbaraga nke.
6. Irinde gusohokana n’undi muntu utari uwo mwashakanye cyangwa uwo mukundana mu gihe uwo mwashakanye cg uwo mukundana atabizi.
7. Wikwemera ko undi muntu agukoraho uko yishakiye kandi atari uwo mwashakanye.
8.Wisomana ku munwa cyangwa mu kanwa n’undi muntu utari uwo mwashanye.
9. Wikwinjirana n’undi muntu mu byumba byo kuryamamo atari uwo mwashakanye.
10. Irinde kwikuramo imyenda no kwerekana bimwe mu bice by’ibanga by’umubiri wawe undi muntu utari uwo mwashakanye akureba.
Nyamara ariko buri wese yari akwiye kubirwanya kuko uretse no kuba ari uguhemukira uwo mukundana cyangwa se uwo mwashakanye, ni no kwibuza amahirwe yo kuryoherwa n’urukundo aguha nk’umukunzi wawe.
Aha rero nabakusanyirije ibintu 10 byagufasha kwirinda guca inyuma uwomwashakanye cyangwa se uwo mukundana:
1. Irinde kurangazwa n’ibyo ukunda ubonye ku wundi muntu utari uwo mwashakanye. Niba afite amaso ukunda cyangwa wenda ingano(taille) ukunda, wibyitaho cyane kuko byagutera gutangira kumva uwawe nta kigenda.
2. Irinde kwakira impano zidasobanutse uhawe n’undi muntu utari uwo mwashakanye. Mbere yo kuzakira sesengura umenye intego yazo utazisanga wafashwe n’inkongi y’umuriro.
3. Irinde gutekereza uko undi muntu utari uwo mwashakanye akwitwaraho ubona gushobora kugukurura.
4. Irinde kuganira n’undi muntu mudahuje igitsina ibiganiro bijyana ku mibonano mpuzabitsina.
5. Irinde gushyikirana n’undi muntu mudahuje igitsina kenshi ,cyane kandi ahantu hiherereye mwumva mwisanzuye muri babiri kuko umubiri ujya ugira imbaraga nke.
6. Irinde gusohokana n’undi muntu utari uwo mwashakanye cyangwa uwo mukundana mu gihe uwo mwashakanye cg uwo mukundana atabizi.
7. Wikwemera ko undi muntu agukoraho uko yishakiye kandi atari uwo mwashakanye.
8.Wisomana ku munwa cyangwa mu kanwa n’undi muntu utari uwo mwashanye.
9. Wikwinjirana n’undi muntu mu byumba byo kuryamamo atari uwo mwashakanye.
10. Irinde kwikuramo imyenda no kwerekana bimwe mu bice by’ibanga by’umubiri wawe undi muntu utari uwo mwashakanye akureba.
ESE WARI UZI IBYIZA
BIHEBUJE BY’IMIBONANO MPUZABITSINA KU BUZIMA?
Nk ‘uko tubikesha
urubuga www.webmd.com/sex-, bushakashatsi bwakozwe n’abahanga bo mu
Bwongereza, bugakorwa bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina ari ingirakamaro ku
buzima bw’umuntu.
Muri ibyo byiza byo gutera akabariro nibura gatatu mu cyumweru harimo:
1. Gutera neza k’umutima no gutembera neza kw’amaraso
Mu gihe cyo gutera akabariro, bavuga ko umutima utera kuva kuri 70 ku munota kugeza kuri 150. Ibi rero bikaba ari byiza ku mutima . Gutera kandi akabariro inshuro eshatu mu cyumweru ngo bigabanya kuribwa umutima ku kigereranyo cya 50%. Bavuga ko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hakoreshwa umwuka mwinshi bityo bikaba ari byiza kuko hakoreshwa umwuka mwiza mwishi uzwi kwizina rya”oxygene”.
2. Imitere myiza n’ibyiyumvo mu buzima bigenda neza iyo habayeho gutera akabariro
Aha niho ubushakashatsi bukomeza bwerekanye ko gutera akabariro bitanga umunezero kurenza uwo wahabwa no kuba wagira amafaranga menshi, kandi ngo bitanga ubuzima bwuzuye ibyishimo.
3. Imibonano mpuzabitsina igabanya umunaniro cyangwa guhangayika”stress”
Aha bavuga ko abantu bagira itiro uko bikwiye kandi biyumvamo umutuzo iteka ari babandi badatenguha akabariro.
4. Gutera akabariro nibura gatatu mu cyumweru ngo bitera kugira uruhu rwiza
Mu gihe k’iki gikorwa, umugore ngo yongera inshuro ebyiri imisemburo ituma umusatsi we ushashagirana kandi ngo ibi bigaterwa n’uko uruhu rwe rugenda rworoha ruba ryiza cyane.
5. Imibonano mpuzabitsina ikozwe neza mu rugero yongera uburambe
Ubundi bushakashatsi bwakozwe mbere y’ubu, ngo bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina yongera uburambe, kandi ngo gupfakara ukiri muto ntiwongere gukora imibonano mpuzabitsina bigabanya ubukana bw’imikaya bigatuma wasaza vuba cyane.
6. Gutera akabariro mu rugero bifasha umubiri guhumeka neza
Ibyuya biterwa n’uko hariho gukorwa imibonano mpuzabitsina, bituma habaho guhumeka k’utwenge tuba ku ruhu, bigatera kugira uruhu rwiza (ruyaga), kandi ngo bigabanya amahirwe y’uko umuntu yakwandura indwara z’uruhu.
7. Iyo bikozwe neza kandi mu rugero bifasha kugira ingano nziza
Gukora imibonano mpuzabitsina bishobora kugutera kuba wahorana ingano inejeje, bitewe no kugenda umuntu akoresha imbaraga zituma atakaza bimwe mubyatuma atagaragara neza. Aha bavuga ko iminota 20 buri cyumweru itwara imbaraga zingana na 7500 buri mwaka, umuntu yagereranya n’imbaraga umuntu ukora imyitozo yo kwiruka yakoresha yirutse kirometero 120 (120km)
8.Imibonano mpuzabitsina ikomeza imikaya
Aha ariko ngo byaterwa n’uko igikorwa cyagiye gikorwa. Bavuga ko imibonano mpuzabitsina yakozwe neza mugitanda ngo ikomeza imikaya yo ku matako, ku mabuno, mu gatuza ndetse n’iy’amaboko. Aha kandi bongeraho ko bikomeza amagufwa y’uruti rw’umugongo.
9. Kugaragara neza(Kuba sexy)
Gukora imibonano mpuzabitsina kenshi bituma ukurura (ugaragarira neza) abo mudahuje igitsina.
10. Gukora imibonano mpuzabitsina byongerera imbaraga imyanya myumviro y’umubiri w’umuntu cyane cyane guhumurirwa
Aha bavuga ko nyuma yo kurangiza , hahita habaho imisemburo itera ubwonko kurema udutsi duto cyane dutuma umuntu ahumurirwa biruseho
11.Gutera akabariro bigabanya ububabare bw’umubiri
Gutera akabariro neza ngo bigabanya ububabare bw’umubiri inshuro icumi ugereranyije n’indi miti abantu bakunze kunywa ngo bagabanye ububabare.Aha bakomeza bavugako bigabanya kurwara umutwe.
12. Gutera akabariro bifasha kugira impumuro nziza mu kanwa
Gusomana, nk’igikorwa kibanziriza imibonanomuzabitsina,byongerera imvubura z’amacandwe bityo akabasha gusukura neza mu kanwa no hagati y’amenyo.Ibi bitera ingaruka nziza zo kutarwara amenyo no gutuma mukanwa hahumura neza.
13. Birinda indwara zimwe na zimwe
Imibonano mpuzabitsina ngo irinda indwara zimwe na zimwe nka asima n’uburima. Ikindi kandi ngo biganya n’umuriro wo ku rwego rwo hejuru.
14. Bifasha gusinzira neza
Nyuma yo gukora imibonanompuzabitsina,cyane cyane nimugoroba,ngo byaba bituma umuntu agira ibitotsi byiza bitewe n’uko umubiri uba watekanye.
15. Bifasha mu kurwanya kanseri
Gukora imibonano mpuzabitsina ngo byaba birwanya kanseri. Ubushakashatsi bwerekanye ko abagabo basohora inshuro hagati ya 13 na 20 mu kwezi bafite amahirwe angana na 14% yo kutarwara kanseri yo mudusabo tw’intaga.
Bwerekanyeko kandi gusohora kuva ku nshuro 21 kuzamura buri kwezi, ngo bigabanya amahirwe yo kurwara kanseri ku mahirwe angana na 33%. Bakomeza bagaragaza ko kugira imisemburo y’imyanya ndangagitsina iri ku rugero rwikirenga ngo bishobora kuba bimwe mu byatera amahirwe yo kurwara kanseri.
Gusa aha barangiza berekana ko bamwe mu badakora imibonano mpuzabitsina neza bagira ibyago byo kubikuramo ubuzima bubi, aha bakibanda cyane nk’igihe umugore atabashije kurangiza kuko ngo bimuviramo guhorana ibibazo mu mikorere y’umubiri
Muri ibyo byiza byo gutera akabariro nibura gatatu mu cyumweru harimo:
1. Gutera neza k’umutima no gutembera neza kw’amaraso
Mu gihe cyo gutera akabariro, bavuga ko umutima utera kuva kuri 70 ku munota kugeza kuri 150. Ibi rero bikaba ari byiza ku mutima . Gutera kandi akabariro inshuro eshatu mu cyumweru ngo bigabanya kuribwa umutima ku kigereranyo cya 50%. Bavuga ko mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina hakoreshwa umwuka mwinshi bityo bikaba ari byiza kuko hakoreshwa umwuka mwiza mwishi uzwi kwizina rya”oxygene”.
2. Imitere myiza n’ibyiyumvo mu buzima bigenda neza iyo habayeho gutera akabariro
Aha niho ubushakashatsi bukomeza bwerekanye ko gutera akabariro bitanga umunezero kurenza uwo wahabwa no kuba wagira amafaranga menshi, kandi ngo bitanga ubuzima bwuzuye ibyishimo.
3. Imibonano mpuzabitsina igabanya umunaniro cyangwa guhangayika”stress”
Aha bavuga ko abantu bagira itiro uko bikwiye kandi biyumvamo umutuzo iteka ari babandi badatenguha akabariro.
4. Gutera akabariro nibura gatatu mu cyumweru ngo bitera kugira uruhu rwiza
Mu gihe k’iki gikorwa, umugore ngo yongera inshuro ebyiri imisemburo ituma umusatsi we ushashagirana kandi ngo ibi bigaterwa n’uko uruhu rwe rugenda rworoha ruba ryiza cyane.
5. Imibonano mpuzabitsina ikozwe neza mu rugero yongera uburambe
Ubundi bushakashatsi bwakozwe mbere y’ubu, ngo bwerekanye ko imibonano mpuzabitsina yongera uburambe, kandi ngo gupfakara ukiri muto ntiwongere gukora imibonano mpuzabitsina bigabanya ubukana bw’imikaya bigatuma wasaza vuba cyane.
6. Gutera akabariro mu rugero bifasha umubiri guhumeka neza
Ibyuya biterwa n’uko hariho gukorwa imibonano mpuzabitsina, bituma habaho guhumeka k’utwenge tuba ku ruhu, bigatera kugira uruhu rwiza (ruyaga), kandi ngo bigabanya amahirwe y’uko umuntu yakwandura indwara z’uruhu.
7. Iyo bikozwe neza kandi mu rugero bifasha kugira ingano nziza
Gukora imibonano mpuzabitsina bishobora kugutera kuba wahorana ingano inejeje, bitewe no kugenda umuntu akoresha imbaraga zituma atakaza bimwe mubyatuma atagaragara neza. Aha bavuga ko iminota 20 buri cyumweru itwara imbaraga zingana na 7500 buri mwaka, umuntu yagereranya n’imbaraga umuntu ukora imyitozo yo kwiruka yakoresha yirutse kirometero 120 (120km)
8.Imibonano mpuzabitsina ikomeza imikaya
Aha ariko ngo byaterwa n’uko igikorwa cyagiye gikorwa. Bavuga ko imibonano mpuzabitsina yakozwe neza mugitanda ngo ikomeza imikaya yo ku matako, ku mabuno, mu gatuza ndetse n’iy’amaboko. Aha kandi bongeraho ko bikomeza amagufwa y’uruti rw’umugongo.
9. Kugaragara neza(Kuba sexy)
Gukora imibonano mpuzabitsina kenshi bituma ukurura (ugaragarira neza) abo mudahuje igitsina.
10. Gukora imibonano mpuzabitsina byongerera imbaraga imyanya myumviro y’umubiri w’umuntu cyane cyane guhumurirwa
Aha bavuga ko nyuma yo kurangiza , hahita habaho imisemburo itera ubwonko kurema udutsi duto cyane dutuma umuntu ahumurirwa biruseho
11.Gutera akabariro bigabanya ububabare bw’umubiri
Gutera akabariro neza ngo bigabanya ububabare bw’umubiri inshuro icumi ugereranyije n’indi miti abantu bakunze kunywa ngo bagabanye ububabare.Aha bakomeza bavugako bigabanya kurwara umutwe.
12. Gutera akabariro bifasha kugira impumuro nziza mu kanwa
Gusomana, nk’igikorwa kibanziriza imibonanomuzabitsina,byongerera imvubura z’amacandwe bityo akabasha gusukura neza mu kanwa no hagati y’amenyo.Ibi bitera ingaruka nziza zo kutarwara amenyo no gutuma mukanwa hahumura neza.
13. Birinda indwara zimwe na zimwe
Imibonano mpuzabitsina ngo irinda indwara zimwe na zimwe nka asima n’uburima. Ikindi kandi ngo biganya n’umuriro wo ku rwego rwo hejuru.
14. Bifasha gusinzira neza
Nyuma yo gukora imibonanompuzabitsina,cyane cyane nimugoroba,ngo byaba bituma umuntu agira ibitotsi byiza bitewe n’uko umubiri uba watekanye.
15. Bifasha mu kurwanya kanseri
Gukora imibonano mpuzabitsina ngo byaba birwanya kanseri. Ubushakashatsi bwerekanye ko abagabo basohora inshuro hagati ya 13 na 20 mu kwezi bafite amahirwe angana na 14% yo kutarwara kanseri yo mudusabo tw’intaga.
Bwerekanyeko kandi gusohora kuva ku nshuro 21 kuzamura buri kwezi, ngo bigabanya amahirwe yo kurwara kanseri ku mahirwe angana na 33%. Bakomeza bagaragaza ko kugira imisemburo y’imyanya ndangagitsina iri ku rugero rwikirenga ngo bishobora kuba bimwe mu byatera amahirwe yo kurwara kanseri.
Gusa aha barangiza berekana ko bamwe mu badakora imibonano mpuzabitsina neza bagira ibyago byo kubikuramo ubuzima bubi, aha bakibanda cyane nk’igihe umugore atabashije kurangiza kuko ngo bimuviramo guhorana ibibazo mu mikorere y’umubiri
No comments:
Post a Comment